Ndahayo Jean Paul w’imyaka 22 wari utuye mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Murundi, mu Kagari ka Buhabwa, yakuwe mu mazi atagihumeka nyuma yo kugwamo agiye...
Ariel Wayz umaze iminsi muri Kenya mu bikorwa ari gukorana na Universal Music Group, yahahuriye na DJ AG umaze kubaka izina mu mihanda yo mu Bwongereza...
Ross Kana uri mu bahanzi bagezweho mu Rwanda umaze iminsi ari kubarizwa muri Uganda, yataramiye muri ‘Comedy Store’ igitaramo cy’urwenya kimaze kubaka izina bikomeye kinatumirwamo abahanzi...
Indege y’intambara y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe ibirindiro by’ihuriro AFC/M23 muri Teritwari ya Walikale na Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ibi...