Ubushinjacyaha bwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabiye Constant Mutamba, wahoze ari Minisitiri w’ubutabera, igihano cy’imyaka 10 y’imirimo y’agahato. Ubu busabe bunajyanwa n’ibihano bikomeye...
Igisirikare cya Mali cyataye muri yombi abasirikare bagera kuri 20 barimo Général, bakekwaho umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Général Assimi Goïta. Umwe mu bashinzwe umutekano muri...
Umunyamabanga wa Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yanenze u Bufaransa buherutse gutangaza ko buteganya kwemeza Palestine nk’igihugu, avuga ko ari uburyo bwo kubangamira ibiganiro hagati...