Umugore utwite akwiye kwitabwaho mu buryo bwumwihariko budasanzwe imirire myiza ni ingenzi ku mugore utwite kuko imufasha kugira ubuzima bwiza ndetse bikanafasha umwana atwite inzobere mu...
Uwitwa ITANGISHAKA Elisa ararangisha ibyangombwa birimo: Permie de conduire Cat A,B,C,D,D1 Ibyo byangombwa byatakaye kuwa 28 Ukwakira 2024 muri gare ya Muhanga Uwaba yarabitoraguye yahamagara kuri...
Kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2024 ahagana mu masaha ya mu gitondo hamenyekanye amakuru avuga ko chairman wa APR FC Col (Rtd) Richard KARASIRA yahagaritswe ku...
Nkuko byari byitezwe nyuma y’ amakosa aremereye ikipe ya APR FC iherutse gukora mu mukino w’ umunsi wa munani wa shampiyona y’ icyiciro cya mbere mu...
Kuri uyu wa Gatatu Ugushyingo 2024, nibwo urukiko rw’Ibanze kwa Kicukiro rwafashe umwanzuro ku birego Miss Muheto Divine yari akurikiranyweho birimo: Gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 05 Ugushyingo irushanwa ry’ amakipe riruta ayandi yose ku mugabane w’ iburayi, ndetse riba ritegerejwe na benshi, ni UEFA-Champions-League yagarukanye...
Muri iyi weeekend Rwanda Premier League yakomezaga hakinwa umunsi wa munani wa shampiyona y’ icyiciro cya mbere cya mbere mu Rwanda, ndetse ni umunsi waranzwe n’...
Ikipe ya Rayon Sport yarimaze igihe kitari gito idafite umuyobozi mukuru watowe kuva Uwayezu Jean Fidele yakegura kuwa 13 Nzeri 2024 kubera impamvuz’ uburwayi. Rayon Sport...
Kuwa 29 Ukwakira 2024 nibwo police y’u Rwanda yatangaje ko Miss Nshuti Divine Muheto yatawe muri yombi kubera gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo ni mubutumwa...
Ikipe ya Manchester United yamaze gutandukana (kwirukana) uwahoze ari umutoza wayo umuholandi “Erik ten Haag”, azira umusaruro udahwitse. Iki cyemezo kije nyuma yo gutsindidwa na West...