Umuyobozi Mukuru w’Umuhanda wa Kyalami uherereye muri Afurika y’Epfo, Toby Venter, yatangaje ko FIA yabemereye gutangira imirimo yo kuwuvugurura ukajya ku rwego rwa mbere (Grade 1),...
At vero eos et accusamus et iusto odio dignissimos ducimus qui blanditiis praesentium voluptatum deleniti atque corrupti.
Umuhanzi Jose Chameleone wo muri Uganda yatangaje ko agiye kubaka ishuri ry’umuziki muri Sudani y’Epfo, yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 14...
Nzayisenga Désiré yatorewe kuyobora AS Muhanga mu myaka itanu iri imbere asimbuye Kimonyo Juvenal wari umaze imyaka ibiri kuri uyu mwanya. Yatorewe mu Nama y’Inteko Rusange...
Abaturage bo mu Kagari ka Gataba mu Murenge wa Kiyombe bavunwaga n’ingendo, biyibaga bakajya kwivuza hakurya y’umupaka,ubu barashima ko bavunwe amaguru kuko bubakiwe ivuriro ry’ibanze ribafasha...
Ingabo za Leta ya Sudani ziri kugenzura hejuru ya 75% by’ubuso bwose bw’icyo gihugu, by’umwihariko zikagenzura Umurwa Mukuru w’icyo gihugu, Khartoum. Hashize imyaka irenga ibiri intambara...
Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Goma, giherereye mu Burasirazuba bwa RDC, kiri gutunganywa n’abashinzwe isuku no gutegura ibisasu, ku bufatanye n’Umuryango w’Abibumbye n’umuryango Afrilam, ushinzwe kurwanya ibisasu...
Ikigo cy’Abongereza Aterian PLC, gifatanyije n’ikigo cya Rio Tinto, cyatangaje ko mu bushakashatsi bwakozwe mu Majyepfo y’u Rwanda, habonetse Lithium yo ku rwego rwo hejuru, by’umwihariko...
Ku wa Kabiri, tariki ya 9 Nyakanga 2025, igisasu cyaturitse ku Jaal Siyaad Military Academy, ishuri rikuru ryigisha abasirikare i Mogadishu muri Somalia. Cyaturikijwe n’umwiyahuzi w’umutwe...
Umuryango wo mu gace ka Rukanga, Mutithi Ward, mu karere ka Kirinyaga (Kenya), uri mu gahinda gakomeye nyuma y’uko impanuka ikomeye yo kuri Mwea–Embu highway ihitanye:...
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Kampala yatangaje ko igiye gukaza ingamba ku Banya-Uganda bafite cyangwa basaba viza, cyane cyane ku bantu bagenda nk’abakerarugendo...
Freddy Kaniki Rukema, usanzwe ari Visi Perezida ushinzwe ubukungu n’imari mu ihuriro rya politiki Alliance du Fleuve Congo (AFC) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...