Imikino
UCL: umunsi wa gatanu usize isura nshya.

Kuri uyu wa 26 Ugushyi ngo irushanwa rikunzwe n’ abatari bake ryakinwaga ku munsi waryo wa gatanu. Ni umunsi waranzwe no gutungurwa kw’ a makipe akomeye nka Real Madrid, Man City ,… na ho Liverpool ikomeza kuziba umugono. Iyi miki no yakinwaga kuri uyu wa kabiri (26 Ugushyingo) no kuwa gatatu (27 Ugushyingo).
Dore uko imikino y’ umunsi wa gatanu yagenze:
Man City bikomeje kwanga, Real Madrid nayo bikomeza kuyirurira.
Dore uko zihagaze ku rutonde rwagateganyo:
Liverpool ntanokunganya naho PSG yo iracyasabwa kuzamuka ahaterera.
UEFA Champions League izagaruka mu Ukuboza tariki 10 na 11.