Abagore ba Kinshasa bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro no kubura kw’amadolari. Mu mujyi wa Kinshasa, abagore benshi barimo guhangana n’ingaruka z’imibereho igoye iterwa n’izamuka ry’ibiciro n’ihindagurika ry’ifaranga. Nyuma...
Tariki ya 30 Nzeri 2025, amasezerano y’ubucuruzi ya AGOA (African Growth and Opportunity Act) hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu bya Afurika yarangiye ku...