Connect with us

Imyidagaduro

Itariki y’ubukwe bwa Nyampinga w’u Rwanda Nishimwe Naomie yagiye hanze

Published

on

Nishimwe Naomie wambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020 yemejeko we n’umukunzi we Michael Tesfay biyemeje kuzarushinga mumpera z’uyu mwaka

Iyi tariki y’ubukwe bwabo bayitangaje nyuma y’uko muri Mutaryama 2024 Nishimwe Naomie yambitswe impeta y’urukundo na Michael Tesfay

Inkuru y’urukundo rwaba bombi yatangiye kumenyekana cyanee muri Mata 2022 binyuze mu itangazamakuru

Icyo gihe aba bombi bagiye bagaragara hirya no hino ku isi mubikorwa bitandukanye bari kumwe biragoye ko aho umwe yabaga ari wasangaga undi adahari

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Menyekanisha ibikorwa byawe ku miyoboro yacu

X