Ubusanzwe mu mupira w’ amaguru igihagararo cy’ umukinyi gikunze kuba ishingiro ry umusaruro we mu kibuga, akenshis iyo umukinnyi ari muremure biramufasha cyane mu mikinire ye...
Simbizi Sylvestre w’imyaka 76 wari utuye mu Mudugudu wa Gahisi, Akagari ka Gakenke, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke yasanzwe mu mugezi wa Nyirabanda yapfuye, avuye...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa ku Isi, (World Food Programme, WFP) ryagaragaje ko bitewe n’igabanyuka ry’inkunga abantu bazugarizwa n’inzara ikabije ku Isi mu 2026, bazaba...
Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO), Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, atangaza ko guhagarika kunywa itabi ari bwo buryo bwiza bwo kuramira ubuzima kandi...