Uganda yatangaje ko yahagaritse kwakira no guha ubuhungiro abaturage bakomoka muri Ethiopia, Eritrea na Somalia, isobanura ko ibyo bihugu bitarimo intambara kandi ko inkunga zagenerwaga gutunga...
Mu Murenge wa Butaro, Akagari ka Gatsibo, mu Karere ka Burera, hafashwe insoresore 10 zari zimaze igihe zihungabanya umutekano w’abaturage, zibatera ubwoba, zikabakubita ndetse zikabambura utwabo...
U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 bavuye mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR n’abaturage b’abasivili bafitanye isano n’imitwe yitwaje intwaro barindwi. Aba Banyarwanda bacyuwe n’abakozi bari mu butumwa...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko u Rwanda rukomeje kwifatanya n’ibihugu by’akarere mu gusangira ibikorwaremezo by’amashanyarazi, yemeza ko n’umuyoboro mushya uhuza u Rwanda n’u Burundi...