Mu butumwa bwinshi yashyize ku rubuga rwa X ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, Bobi Wine yatangaje ko yakubiswe inkoni mu maso, ndetse abandi bamushyigikiye bakubiswe...
Mu karere ka Kigoma, mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Tanzania, impungenge zikomeje kwiyongera mu nkambi za Nduta na Nyarugusu. Abana n’urubyiruko rugera kuri mirongo baburiwe irengero mu...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi buravuga ko impunzi z’Abanye-Congo zigera kuri 527 zimaze kwambuka umupaka wa Kamanyola zihungira mu Rwanda, iwabo imirwano yarushijeho gukara. Mu kiganiro yahaye...
Umuyapani witwa Cary-Hiroyuki Tagawa wari ufite Ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ubw’u Burusiya, wamamaye muri sinema yitabye Imana ku wa 4 Ukuboza 2025 azize...