Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwahakanye amakuru ko rwahamagaje G Tuff kubera indirimbo aherutse gukora imaze iminsi irikoroza ku mbuga nkoranyambaga, kubera amagambo ayirimo benshi bemeza ko...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwihanangiriza abanyamakuru ba siporo bandagazanya, bibutswa ko ari ubwa nyuma bihanangirijwe ko ubutaha bazajya bahamagazwa bagakurikiranwa. Ibi byagarutsweho n’Umuvugizi wa RIB,...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump wari waranyuzwe n’uko uwari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei yakuwe mu nzira yatangaje ko yatengushywe...
Cyuzuzo Grace w’imyaka 23 wari wasohokanye na bagenzi be biganaga muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (UR-CST), yakuwe mu Kiyaga cya Kivu yapfuye. Byabereye mu...