Paul Biya w’imyaka 92 uherutse gutorerwa kuyobora Cameroon yarahiriye kuyobora icyo gihugu muri manda ya munani y’imyaka irindwi, mu birori byabereye ku Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko...
Abaturage ba Venezuela bashishikarijwe gukoresha porogaramu ya telefoni ibafasha kuneka ibyo buri umwe avuga nyuma y’aho ubutegetsi bwa Maduro bukomeje kwikanga ko igihe icyo ari cyo...
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Ugushyingo 2025, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yafashe rutemikirere yerekeza i Dodoma, umurwa mukuru wa Tanzania, aho yitabiriye ibirori...
Perezida Donald Trump yashinje leta ya Nigeria kwemera ko ibyihebe bikomeza kugaba ibitero bihitana Abakristu, akavuga ko America izafata ingamba zirimo ibihano no kugaba ibitero kuri...
Ikiriyo cya Raila Odinga witabye Imana tariki ya 15 Ukwakira 2025 cyahindutse imyigaragambyo muri Kenya, abashinzwe umutekano batangira kwifashisha imyuka iryana mu maso kugira ngo babatatanye....
Abagore ba Kinshasa bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro no kubura kw’amadolari. Mu mujyi wa Kinshasa, abagore benshi barimo guhangana n’ingaruka z’imibereho igoye iterwa n’izamuka ry’ibiciro n’ihindagurika ry’ifaranga. Nyuma...
Tariki ya 30 Nzeri 2025, amasezerano y’ubucuruzi ya AGOA (African Growth and Opportunity Act) hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu bya Afurika yarangiye ku...