Kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2024 ahagana mu masaha ya mu gitondo hamenyekanye amakuru avuga ko chairman wa APR FC Col (Rtd) Richard KARASIRA yahagaritswe ku...
Nkuko byari byitezwe nyuma y’ amakosa aremereye ikipe ya APR FC iherutse gukora mu mukino w’ umunsi wa munani wa shampiyona y’ icyiciro cya mbere mu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 05 Ugushyingo irushanwa ry’ amakipe riruta ayandi yose ku mugabane w’ iburayi, ndetse riba ritegerejwe na benshi, ni UEFA-Champions-League yagarukanye...
Muri iyi weeekend Rwanda Premier League yakomezaga hakinwa umunsi wa munani wa shampiyona y’ icyiciro cya mbere cya mbere mu Rwanda, ndetse ni umunsi waranzwe n’...
Ikipe ya Rayon Sport yarimaze igihe kitari gito idafite umuyobozi mukuru watowe kuva Uwayezu Jean Fidele yakegura kuwa 13 Nzeri 2024 kubera impamvuz’ uburwayi. Rayon Sport...
Ikipe ya Manchester United yamaze gutandukana (kwirukana) uwahoze ari umutoza wayo umuholandi “Erik ten Haag”, azira umusaruro udahwitse. Iki cyemezo kije nyuma yo gutsindidwa na West...
El Clásico ni umukino w’ umupira w’ amaguru uhuza amakipe abiri y’ ubukombe yo mu gihugu cya Espagne, ariyo Real Madrid yo mu murwa mukuru Madrid...
Myugariro w’ umufaransa Raphaël Varane bitunguranye kuri uyu wa 25 Nzeri 2024 yahagaritse umwuga we wo gukina umupira w’ amaguru nk’ uwabigize umwuga. Raphaël Varane ahagaritse...
UEFA Champions League irushanwa rya mbere rikomeye ry’ amakipe ku mugabane w’ uburayi rirakomeza kuri uyu 01 Ukwakira 2024 ubwo haraba hakinwa imikino y’ umunsi wa...
Kuri uyu wa 26 Nzeri 2024 irushanwa rya kabiri riruta ayandi yose ku mugabane w’ uburayi mu makipe, hasojwe umunsi wa mbere. Ni imikino yagaragayemo udushya...