Itariki 25 Ukuboza ni umunsi uba utegerejwe na benshi buri mwaka kuko ari umunsi wizihizwaho “Noheli” (ivuka rya Yezu/Yesu). Ni umunsi utizihizwa na buri wese kuko...
Mykhailo Mudryk, umunya-Ukraine ukinira ‘ikipe ya Chelsea, yahagaritswe by’agateganyo nyuma yo gutsindwa ikizamini cya doping. Nk’uko byatangajwe n’ikipe ya Chelsea, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza (FA)...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu (12 Ukuboza 2024) hakinwaga imikino isoza umunsi wa 6 ya UEFA Champions League , irushanwa riruta ayandi yose y’...
Ku mugoroba irushanwa rya mbere rikunzwe ry’ amakipe yo ku mugabane w’ uburayi yabaye aya mbere iwayo (UEFA Champions League), ryakomezaga kuri uyu wa kabiri ndetse...
Kuri uyu mugoroba wo kuwa 10 Ukuboza 2024 rya rushanwa ry’ amakipe rikomeye kuruta ayandi ku mugabane w’ uburayi uefachampionsleague yagarutse. Ryagarukanye imikino idasamaje cyane kuri...
Kuri uyu wa 08 Ukuboza 2024, Luís Carlos Almeida da Cunha wamenyekanye ku mazina ya “Luis Nani” abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze zitandukanye yatangaje ko asezeye...
Kuri uyu wa 26 Ugushyi ngo irushanwa rikunzwe n’ abatari bake ryakinwaga ku munsi waryo wa gatanu. Ni umunsi waranzwe no gutungurwa kw’ a makipe akomeye...
Kuri uyu mugoroba wo kuwa 26 Ugushyingo 2024 rya rushanwa ry’ amakipe rikomeye kuruta ayandi ku mugabane w’ uburayi http://uefachampionsleague yagarukanye urukumbuzi. Ryagarukanye imikino myinshi ikomeye...
Rayon Sports igiye kongera kwisubiza imodoka yayo yari yaraguzwe muri 2019 nyuma yuko yari imaze imyaka isaga ine idakoreshwa bitewe nuko iyi kipe itabashije kubahiriza amasezerano...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Brazil, Ednaldo Rodrigues yatangaje ko umukinnyi wa Real Madrid Vinícius Júnior afite inkomoko muri Cameroun nyuma yo gukorerwa ikizamini cy’isanomuzi DNA....