Mu kiganiro cya Fox News cyatambutse ku wa 4 Werurwe 2026, umunyamabanga w’Amerika mu by’umutekano Pete Hegseth yakomeje kugaragaza uburyo abona intambara hagati ya Amerika, Israheli...
Mu kiganiro cya Fox News cyatambutse ku wa 4 Werurwe 2026, umunyamabanga w’Amerika mu by’umutekano Pete Hegseth yavuze ko ubutegetsi bwa Irani “bwarangiye” (“they are toast”)...
Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje guhura n’ibibazo by’umutekano muke, inama yo ku rwego rwo hejuru yabereye i Lomé, Togo, ku wa 17 Mutarama 2026, yagaragaje...
Boris Johnson wabaye Minisitiri w’Intebe mu Bwongereza yibasiye Keir Starmer uri muri uyu mwanya kuri ubu, agaragaza ko ikibazo cy’abimukira cyugarije igihugu agifitemo uruhare rukomeye, rwatangiye...
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko Uganda ifite ubushobozi bwo gutsinda Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe ingabo z’ibihugu byombi zaba zihuriye mu...
Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick Muyaya, arahamagarira abaturage ba Kongo gushyira ku ruhande ibyo batandukaniyeho muri politiki no kwerekana ko bakunda igihugu cyabo mu gihe...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatunzwe agatoki ishinjwa kudindiza amasezerano ya Washington, nyuma yo kunanirwa gusenya umutwe w’abajenosideri wa FDLR. Ni nyuma y’amezi atandatu...
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, MININFRA, yasobanuye ko ibura rya hato na hato ry’umuriro w’amashanyarazi rimaze iminsi rigaragara mu gihugu rituruka ku miyoboro y’amashanyarazi u Rwanda ruhuriraho n’ibindi...
Umugabo w’imyaka 28 utuye mu Mudugudu wa Rusasa, Akagari ka Nyakibungo, Umurenge wa Gishubi, mu Karere ka Gisagara ushinjwa kwica mukuru we bapfuye ibiceri 250Frw. Ubushinjacyaha...
Abaturage bahuye n’urugomo rw’inyeshyamba za Mobondo bagaragaje umujinya mwinshi nyuma yo guhamagaza i Kinshasa, Capt. Anthony Mwalushayi, Umuvugizi w’Akarere ka 11 ka Gisirikare muri FARDC. Iki...