Urukundo ni kimwe mubintu byingenzi kubuzima bwamuntu ariko biba byiza kurushaho iyo uwo ukunze nawe agukunda woe ufite umukunzi wihebeye ukaba udashaka kumutakaza mubuzima bwawe hari...
Raheem Sterling uherutse gutizwa na Chelsea muri Arsenal, aherutse kubatizwa mu mazi magari mbere yuko ikipe ye ya Arsenal ifite umukino utoroshye muri (The North London...
Buri mukino w’ umupira w’ amaguru iyo urangiye abakunzi bawo batawukurikiranye bihutira kumenya uko warangiye, ari yo mpamvu uzumva bakubaza bati:” zatsindanye bingahe ? byarangiye gute...
Urwego imbuga nkoranyambaga rugezeho ku isi bikomeje gutera impungenge bitewe nuko hari bamwe bamaze kugirwa imbata nazo Mugihe benshi bishimira ko imbuga nkoranyambaga zitanga amakuru mu...
Uwitwa TUYISENGE Jean D’amour ararangisha ibyangombwa birimo: -Indangamuntu Byatakaye mu karere ka Muhanga uwabinona yahamagara kuri: -0782863864
Uwitwa ISINGIZWE Emmanuel ararangisha ibyangombwa byatakaye birimo: -Indangamuntu yatangiwe Ruhango/Kinazi -Uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga category B Bikaba byaratakaye mu modoka yavaga mu karere ka Ruhango yerekeza...
Haruna Fadhili Niyonzima w’ imyaka 34 y’ amavuko bakunze gutazira “Baba Mzazi/ Fundi wa Mpira” uherutse gusinyira Rayon Sport amasezerano y’ umwaka 1, yamaze kuyivamo nyuma...
Ku mugoroba wo kuwa 07 Nzeri nibwo ikinyamakuru cy’ imikino cyo mu Bufaransa France Football gisanzwe gitanga ibihembo bya Ballon d’ Or, cyatangaje ku mugaragaro abakinnyi...