Uwitwa HAGENIMANA Siyaka ararangisha ibyangombwa birimo:Indangamuntu yafatiwe mu Karere ka Nyamasheke Umurenge wa Kanjongo ,ni carita y’ishuri ya (ETSTR) Level 4 Byaburiye munsi ya gare ya...
Muriyi minsi ingo ziri gusenyuka ku rwego rukabije biragoye kuba washakana n’umuntu mukarwubaka rugakomera niyo mpamvu twifuje kubagezaho bimwe mu bishobora kugufasha kuba wahitamo umugore nyawe...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 17 Nzeri nibwo imikino ikunzwe n’ abatari bake ya UEFA Champions League yatangiraga hakinwa umunsi wa mbere mu buryo bwa...
Kuri uyu wa kabiri tarirki 17 Nzeri nibwo ijoro ry’ abagabo rizwi nka UEFA Champions League Season ya 2024/25 iributangire, hakinwa umunsi wa mbere w’ iri...
Hari benshi bakunze kwibaza uburyo bashobora gukoresha mukugabanya ibiro bakabura igisubizo ese nawe ujya wumva ushaka kugabanya ibiro ukabura inzira byacamo nakuzaniye uburyo 4 bw’ingenzi ushobora...
Uwitwa RUZIGURA Mutima ararangisha ibyangombwa birimo:-Indangamuntu,Permie de conduire Cat B, ATM card yo muri KCB Ibyo byangombwa byatakaye ku mugoroba wo kuwa 16 Nzeri 2024 mu...
Muri iyi weekend muri English Premier League bakinaga umunsi wa kane wa shampiyona, amakipe akomeye hafi ya yose yegukanye amanota atatu harimo Man U, Man City...
Muri iyi weekend dusohotsemo shampiyona isigaye ikunzwe n’ abatari bake ya Saudi Arabia ikinamo ibyamamare bitandukanye biyobowe na Cristiano, Mahrez, Benzema, Mané, Kanté ndetse n’ abandi...
Shampiyona y’ icyiciro cya mbere mu Rwanda Rwanda Premier League yari yakomeje kuri uyu wa 13 na 15 Nzeri aho hakinwaga umunsi wa gatatu wa shampiyona....
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 13 Nzeri ahagana saa 19h binyuze ku mbuga nkoranymbaga zitandukanye za Rayon Sport amakuru yatangiye kumvikana mu matwi y’ abarayon ...