Muri iyi weekend muri English Premier League bakinaga umunsi wa kane wa shampiyona, amakipe akomeye hafi ya yose yegukanye amanota atatu harimo Man U, Man City Arsenal, Chelsea, uretse Tottenham yatsinzwe na Arsenal na Liverpool yataye ikuzo imbere y’ abafana bayo ubwo yatsindirwaga kuri Anfield Road na Nottingham.
Dore uko amakipe yatsindanye :
Arsenal ibifashijwemo na Gabriel Magalhães begukanye amanota atatu mu mukino w’ ishiraniro wa North London Derby batsinzemo Tottenham.
Man City ibifashijwemo na Haaland iracyaziyoboje inkoni y’ icyuma.
Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi ukunzwe cyanee yagiye ku mwanya wa…
Izina Miss Universe ryatangiye gukoresha guhera mu 1926 ni irushanwa ryategurwaga n'umuryango witwa International Pageant…
Myugariro w' umufaransa Raphaël Varane bitunguranye kuri uyu wa 25 Nzeri 2024 yahagaritse umwuga we…
Nitwa kwibuka ntuye i Kigali, ndifuza umukunzi w'umukobwa wize kandi ufite urukundo, amashuri yaba yarize…
Amazina yanjye nitwa keza ntuye muri congo ariko ndi umunyarwandakazi, ndifuza umukunzi twakundana tukubakana, ntakindi…
UEFA Champions League irushanwa rya mbere rikomeye ry' amakipe ku mugabane w' uburayi rirakomeza kuri…