Muri iyi weekend dusohotsemo shampiyona isigaye ikunzwe n’ abatari bake ya Saudi Arabia ikinamo ibyamamare bitandukanye biyobowe na Cristiano, Mahrez, Benzema, Mané, Kanté ndetse n’ abandi benshi batandukanye. Muri iyi shampiyona rero bakinaga umunsi wa gatatu wa shampiyona aho Al Nassr ya Cristiano yananiwe gutsindira Al Ahli murugo, Al Ittihad ytangaga isomo rya ruhago ibifashijwemo na captain wayo Benzema watsindaga hat-trick naho Al Hilal ya Neymar yatwaye shampiyona y’ ubushize nta kosa yakoze.
Dore uko amakipe yatsindanye :
Cristiano yabuze igitego cya 902 imbere ya Al Hilal ya Firmino
Umunsi wa gatatu wa shampiyona usize Benzema afashije Al Ittihad gusoreza ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’ agateganyo rwa shampiyona
Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi ukunzwe cyanee yagiye ku mwanya wa…
Izina Miss Universe ryatangiye gukoresha guhera mu 1926 ni irushanwa ryategurwaga n'umuryango witwa International Pageant…
Myugariro w' umufaransa Raphaël Varane bitunguranye kuri uyu wa 25 Nzeri 2024 yahagaritse umwuga we…
Nitwa kwibuka ntuye i Kigali, ndifuza umukunzi w'umukobwa wize kandi ufite urukundo, amashuri yaba yarize…
Amazina yanjye nitwa keza ntuye muri congo ariko ndi umunyarwandakazi, ndifuza umukunzi twakundana tukubakana, ntakindi…
UEFA Champions League irushanwa rya mbere rikomeye ry' amakipe ku mugabane w' uburayi rirakomeza kuri…