Ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Nzeri 2024 irushanwa rya kabiri rikomeye ry’ amakipe ku mugabane w’ uburayi rizwi nka UEFA Europa League ryatangiye hakinwa umunsi wa mbere mu mikino igera ku icyenda aho indi mikino icyenda irakinwa kuri uyu wa 26 Nzeri.
Mbere y’ uko iyi mukino itangira umutoza wa Manchester United Erik ten Haag yagombaga kwakira FC Twente yahoze akinamo ubwo yari akiri umukinnyi, yari yabanje gutangaza ko bi goye kubabaza ikipe ukunda, avuga ntakundi nyine kuko ari ko imikino ipanze bagomba gupfa gukina ! Ibi rero siko byaje kugenda kuko yaraziko iyi kipe ya FC Twente iribuze kumworohera biza kurangira bagabaniye amanota kuri Old Trafford.
Dore uko imikino yose yagenze:
Kuri uyu wa kane nabwo harindi mikino iteganyijwe y’ umunsi wa mbere w’ iri rushanwa:
Amakipe nka Fenerbahçe itozwa na J. Mourinho, Tottenham, AS Roma ndetse na Lyon araza kuba amanuka mu kibuga.
Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi ukunzwe cyanee yagiye ku mwanya wa…
Izina Miss Universe ryatangiye gukoresha guhera mu 1926 ni irushanwa ryategurwaga n'umuryango witwa International Pageant…
Myugariro w' umufaransa Raphaël Varane bitunguranye kuri uyu wa 25 Nzeri 2024 yahagaritse umwuga we…
Nitwa kwibuka ntuye i Kigali, ndifuza umukunzi w'umukobwa wize kandi ufite urukundo, amashuri yaba yarize…
Amazina yanjye nitwa keza ntuye muri congo ariko ndi umunyarwandakazi, ndifuza umukunzi twakundana tukubakana, ntakindi…
UEFA Champions League irushanwa rya mbere rikomeye ry' amakipe ku mugabane w' uburayi rirakomeza kuri…