Kuri uyu wa kabiri tarirki 17 Nzeri nibwo ijoro ry’ abagabo rizwi nka UEFA Champions League Season ya 2024/25 iributangire, hakinwa umunsi wa mbere w’ iri rushanwa. Iyi ni UCL ikaba yagarutse mu isura nshya nk’ uko twabibabwiye mu nkuru zacu zatambutse. Iyi UCL mbere y’ uko itangira habanje guhembwa abakinnyi bitwaye neza muri UCL ya 2023/24.
Kuri uyu wa kabiri hateganyijwe imikino itandatu ikurikira :
Real Madrid iheruka kwegukana UCL y’ ubushize iratangira yakira VfB Stuttgart yabaye iya kabiri muri Bundesliga, Liverpool imanuke i San Siro.
Umunya-Brazil Vinícius José Paixão de Oliveira Júnior uzwi nka “Vini Jr.” niwe wahembwe nk’ umukinnyi mwiza wa UCL 2023/24, ubwo hatangwaga ibihembo kuri uyu wa mbere 16 Nzeri.
Umufaransa Kylian Mbappé Lottin niwe wahembwe nk’ umukinnyi watsinze ibitego byinshi (top scorer) n’ ibitego 8.
Naho umwongereza Jude Victor William Bellingham niwe wabaye umukinnyi ukiri muto witwaye neza ku myaka 21 y’ amavuko.
Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi ukunzwe cyanee yagiye ku mwanya wa…
Izina Miss Universe ryatangiye gukoresha guhera mu 1926 ni irushanwa ryategurwaga n'umuryango witwa International Pageant…
Myugariro w' umufaransa Raphaël Varane bitunguranye kuri uyu wa 25 Nzeri 2024 yahagaritse umwuga we…
Nitwa kwibuka ntuye i Kigali, ndifuza umukunzi w'umukobwa wize kandi ufite urukundo, amashuri yaba yarize…
Amazina yanjye nitwa keza ntuye muri congo ariko ndi umunyarwandakazi, ndifuza umukunzi twakundana tukubakana, ntakindi…
UEFA Champions League irushanwa rya mbere rikomeye ry' amakipe ku mugabane w' uburayi rirakomeza kuri…