Imikino7 months ago
Mudryk wa Chelsea ari mu bibazo bishobora gutuma ahagarikwa burundu.
Mykhailo Mudryk, umunya-Ukraine ukinira ‘ikipe ya Chelsea, yahagaritswe by’agateganyo nyuma yo gutsindwa ikizamini cya doping. Nk’uko byatangajwe n’ikipe ya Chelsea, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza (FA)...