Ku mugoroba wo kuwa 29 Kanama habaye tombora ya UEFA Champions League 2024/25 mu muhango wabereye i Monte-Carlo muri h’i Monaco mu Bufaransa.
Iyi ni UEFA Champions League ije mu isura nshya kuko itazongera gukinwa mu matsinda. Ahubwo ikaba izakinwa muri phase nkuko amashampiyona akinwa aho babanza bagakina imikino imwe nyuma hakazakinwa iyo kwishyura, gusa umwihariko w’ iyi Champions League yo buri kipe izakina imikino umunani, ine murugo n’ indi ine hanze, ikine n’ amakipe umunani atandukanye kuko nta mikino ibanza n’ iyo kwishyura izabaho buri kipe izakina n’ indi inshuro imwe gusa.
Nyuma yo gukina muri izi phase amakipe umunani azaba afite amanota meza kurusha andi azahita abona itike ya ⅛, naho andi makipe 16 akurikiyeho, ubwo ni uukuvuga ikipe ya 9 kugera kuya 24 azahita akina playoff hanyuma umunani zatsinze zizasanga zazindi umunani zabaye izambere, hanyuma zigakina ⅛ nkuko zisanzwe zikina knockout stage.
Amakipe azahura mu buryo bukurikira aho buri kipe izakina na buri kipe ziri ku murongo biteganye. :
Allianz Arena ya F.C. Bayern München yakira abafana 75,024 bicaye neza niyo izakira umukino wa nyuma tariki 31 Gicurasi umwaka utaha wa 2025.
Umupira uzakinwa muri UEFA Champions League Season 224/25 wakozwe n’ uruganda ADIDAS.
Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi ukunzwe cyanee yagiye ku mwanya wa…
Izina Miss Universe ryatangiye gukoresha guhera mu 1926 ni irushanwa ryategurwaga n'umuryango witwa International Pageant…
Myugariro w' umufaransa Raphaël Varane bitunguranye kuri uyu wa 25 Nzeri 2024 yahagaritse umwuga we…
Nitwa kwibuka ntuye i Kigali, ndifuza umukunzi w'umukobwa wize kandi ufite urukundo, amashuri yaba yarize…
Amazina yanjye nitwa keza ntuye muri congo ariko ndi umunyarwandakazi, ndifuza umukunzi twakundana tukubakana, ntakindi…
UEFA Champions League irushanwa rya mbere rikomeye ry' amakipe ku mugabane w' uburayi rirakomeza kuri…