Categories: Ubuzima

Niba wifuza gutakaza ibiro dore ibyo ugomba gukurikiza

Hari benshi bakunze kwibaza uburyo bashobora gukoresha mukugabanya ibiro bakabura igisubizo ese nawe ujya wumva ushaka kugabanya ibiro ukabura inzira byacamo nakuzaniye uburyo 4 bw’ingenzi ushobora gukoresha bukagufasha

 

1.Kunywa amazi ahagije:Amazi ni ingenzi cyane ku buzima bwa muntu niyo mpamvu akenshi uzumva bavuga ngo amazi ni ubuzima kunywa amazi menshi kandi ahagije ndetse afite isuku bifasha gusukura mu mubiri bikaba byagufasha gutakaza ibiro muburyo bw’ihuse ushobora kunywa mu gitondo cyangwa se ukaba wayanywa igihe ushaka wumva byakorohera ubushakashatsi buvugako byibuze ugomba kunywa hagati ya litiro 2 na litiro 3 ku Munsi

 

2.Kuryama kugihe kandi amasaha ahagije: Kumara igihe kinini udasinzira neza cyangwa se utaruhuka bituma ikorwa ry’imisemburo itera inzara rw’iyongera niyo mpamvu niba wifuza gutakaza ibiro utabigeraho utafashe umwanya uhagije ngo uruhuke ikindi kandi ukaryama amasaha amwe ukirinda guhindagura cyane amasaha uryamira bigufasha kutajagaraza ubwonko batubwirako kugirango umubiri uruhuke neza byibuze ugomba gusinzira amasaha atari munsi yumunani (8)

 

3.Gukora siporo: Siporo ni ingenzi cyane mu buzima byakarusho kumuntu wifuza gutakaza ibiro iramufasha cyane kuko uko umubiri ugenda ukora siporo niko ugenda utakaza ibinure nibindi binshi bimwe na bimwe kandi nabyo biri mubigira uruhare mugutera wa mubyibuho byibuze ku munsi ugomba gushaka umwitozo umwe wumva ushoboye ukawukora iminota 30 cyangwa no hejuru yayo bizagufasha cynee

 

4.Kwita kubyo turya:Ibyo kurya byacu bya buri munsi bigira uruhare runini mu mubiri wacu bikaba bigira nuruhare mu ngano yacu niba wifuza gutakaza ibiro hari ubwoko bwibiribwa ugomba kwitaho cyane kurusha ibindi muri ibyo twavugamo :Imboga n’imbuto no kongera ibyo uriya bituruka kuri proteyine hari nibiribwa bigira uruhare mu kwiyongera kwibiro Ibyo ugomba kubigabanya muri byo twavugamo ibiribwa bite isukari nyinshi bigira uruhare rukomeye mu kwiyongera kwibiro niyo mpamvu niba wifuza gutakaza ibiro ugomba kubigabanya ikindi cyagufasha mu kugabanya ibiro n’ukurya ibikungahaye kuri fibres

Ruth GARU

Share
Published by
Ruth GARU

Recent Posts

Israel Mbonyi yaje ku mwanya wa mbere mu bahanzi Nyarwanda bakurikiranwa kuri Youtube

Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi ukunzwe cyanee yagiye ku mwanya wa…

3 hours ago

Byinshi wamenya ku irushanwa rya Miss Universe

Izina Miss Universe ryatangiye gukoresha guhera mu 1926 ni irushanwa ryategurwaga n'umuryango witwa International Pageant…

1 week ago

Raphaël Varane uhagaritse ruhago ku myaka 31, ni muntu ki ?!

Myugariro w' umufaransa Raphaël Varane bitunguranye kuri uyu wa 25 Nzeri 2024 yahagaritse umwuga we…

1 week ago

Ndashaka umukunzi

Nitwa kwibuka ntuye i Kigali, ndifuza umukunzi w'umukobwa wize kandi ufite urukundo, amashuri yaba yarize…

2 weeks ago

Ndashaka umukunzi

Amazina yanjye nitwa keza ntuye muri congo ariko ndi umunyarwandakazi, ndifuza umukunzi twakundana tukubakana, ntakindi…

2 weeks ago

UCL 2024/25: Visit Rwanda Derby mu zitegerejwe ku munsi wa kabiri.

UEFA Champions League irushanwa rya mbere rikomeye ry' amakipe ku mugabane w' uburayi rirakomeza kuri…

2 weeks ago