Amazina yanjye nitwa keza ntuye muri congo ariko ndi umunyarwandakazi, ndifuza umukunzi twakundana tukubakana, ntakindi asabwa usibye kuba Azi gukora no kuba yaharanira ko twaterimbere, mfite...
Muriyi minsi ingo ziri gusenyuka ku rwego rukabije biragoye kuba washakana n’umuntu mukarwubaka rugakomera niyo mpamvu twifuje kubagezaho bimwe mu bishobora kugufasha kuba wahitamo umugore nyawe...
Urukundo ni kimwe mubintu byingenzi kubuzima bwamuntu ariko biba byiza kurushaho iyo uwo ukunze nawe agukunda woe ufite umukunzi wihebeye ukaba udashaka kumutakaza mubuzima bwawe hari...