Tungurusumu ni kimwe mu muryango w’ibitunguru ikaba izwi cyane mu gutuma ibiryo bihumura ikoreshwa mu biribwa byinshi bitandukanya nk’inyama namasosi atandukanya ishobora kandi kuba umuti w’indwara...
Umugore utwite akwiye kwitabwaho mu buryo bwumwihariko budasanzwe imirire myiza ni ingenzi ku mugore utwite kuko imufasha kugira ubuzima bwiza ndetse bikanafasha umwana atwite inzobere mu...
Abantu tuba dufite byinshi byerekeranye n’ubuzima bwacu hari ibyo buri wese aba agomba kwimenyera ubwe ku giti cye akabibika hari ibyo yasangiza abantu b’inshuti ze za...
Hari benshi bakunze kwibaza uburyo bashobora gukoresha mukugabanya ibiro bakabura igisubizo ese nawe ujya wumva ushaka kugabanya ibiro ukabura inzira byacamo nakuzaniye uburyo 4 bw’ingenzi ushobora...
Urwego imbuga nkoranyambaga rugezeho ku isi bikomeje gutera impungenge bitewe nuko hari bamwe bamaze kugirwa imbata nazo Mugihe benshi bishimira ko imbuga nkoranyambaga zitanga amakuru mu...
Nyuma y’igihe gito mu Rwanda hagaragaye abantu banduye icyorezo cy’ubushita bw’inkende (Monkeypox), umujyi wa Kigali washyizeho gahunda yo kugira ubukarabiro rusange ahahurira abantu benshi mu rwego...