Umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, Massad Boulos, yasabye ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ihuriro AFC/M23...
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatanze inkunga ya 338.140.000 Frw, ku basore babiri b’Abanyarwanda basanzwe bakora filime ziganjemo izijya guhatana mu marushanwa mpuzamahanga. Ni ku nshuro ya...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamenyesheje abaturage batuye mu ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Amajyepfo by’umwihariko mu duce tugenzurwa n’umutwe wa M23...
Umusore w’imyaka 33 akurikiranyweho kwica nyina amukubise umuhoro mu mutwe i Nyanza. Ubushinjacyaha buvuga ko yamuhoye inzu yanze kumwubakira. Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye burimo...
Mu Bufaransa, mu mujyi wa Saint-Priest wo mu ntara ya Rhône, habereye urupfu rubabaje ku cyumweru tariki ya 26 Ukwakira 2025, ubwo umugabo w’Umunyarwanda w’imyaka 39...
Ku wa 27 Ukwakira 2025, u Rwanda rwifatanyije n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kuzirikana no kubungabunga umurage ushingiye ku majwi n’amashusho. Ni umunsi wibutsa Abanyarwanda ko...
Mu Mudugudu wa Nyarubuye, Akagari ka Gacaca, Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, haravugwa inkuru y’inshamugongo y’umwana w’imyaka 16 ukekwaho kwica Se w’imyaka 62. Ibi...
Mu ijoro ryo ku wa 2 rishyira ku wa 3 Gicurasi 2023, imvura idasanzwe yibasiye Intara z’Amajyaruguru, Uburengerazuba n’Amajyepfo, yateje ibiza byahitanye abantu 135. Mu Karere...
Nshimiyimana Emmanuel w’imyaka 23 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Murundi mu Karere ka Karongi, akurikiranyweho gukubita Nyiraminani Annonciatha w’imyaka 31 basezeranye imbere y’amategeko bakaba...
Inzego zitandukanye zirimo ibigo bya Leta n’Imiryango itari iya Leta biraburira Abanyarwanda kwitondera amarangi bagura yo gusiga mu nzu n’ahandi kuko hari abamo uborozi buboneka mu...