Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yashyikirije Perezida João Lourenço wa Angola ubutumwa bwa mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, mu kwifuriza iki gihugu isabukuru...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Ugushyingo 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasezeye kuri Ambasaderi w’u Buyapani, Isao...
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi n’intumwa ayoboye, batangiye uruzinduko rw’iminsi ine muri Maroc, mu rwego rwo kurushaho kwimakaza umubano w’Igisirikare hagati ya...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gice cya kabiri cy’Ugushyingo 2025 hazagwa imvura nyinshi ugereranyije n’isanzwe igwa. Inyandiko igaragaza uko iteganyagihe ryo...
Umusore w’imyaka 23 wo mu Karere ka Ngororero afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka itanu. Amakuru agera kuri IGIHE avuga ko uyu musore yatawe muri yombi tariki...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana bufatanyije n’abaturage bwamennye inzoga za miliyoni 16 Frw z’uruganda ruherutse gutahurwa ko aho gukora inzoga zikozwe mu bitoki, rukora izikozwe mu rusenda,...
Guhera ku wa 5 kugeza ku wa 10 Ugushyingo 2025, u Rwanda ruri mu bihugu byitabiriye China International Import Expo (CIIE), imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera mu...
Imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Nyacyonga–Mukoto, ureshya n’ibilometero 36, igeze ku gipimo cya 38.56%, nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ibikorwaremezo (RTDA) binyuze kuri RBA...
Guverinoma y’u Rwanda igiye guha buruse abanyeshuri 16 768 bemerewe kwiga muri Kaminuza y’u Rwanda (UR), mu Ishuri rikuru rya tekikini (RP), n’Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi n’Ubworozi...
Buri muntu yishimira kubaho atekanye kandi ntabuzwe uburenganzira ku gihugu cye, mbese yumva yabaho yisanzuye. Uwisanze mu buzima bw’ubuhunzi uko yaba yarabugezemo kose, mu gihe cyose...